Umugabo wo mu karere ka Nyanza wari washetewe amafaranga ibihumbi bitanu y’u Rwanda kugirango akure Telefone yari yaguye mu bwiherero, yahezemo ahita ahasiga ubuzima.
Ndahimana Eric w’imyaka 22 niwe wapfuye, Nyuma yaho yari yemeye kujya muri WC, Gukuramo Telephone y’uwitwa Ufitese Fabien agahembwa amafaranga ibihumbi bitanu(5000frws).
Source: BTN TV
Comments
Post a Comment