Gutera akabariro biryohera bamwe bikongera bikabihira abandi by’umwihariko mu gihe umugabo atita ku marangamutima y’umugore we.Ibi bishobora gutuma umugore ahogora cyangwa bigaterwa n’izindi mpamvu nk’uko tugiye kubirebera hamwe.
Iyi nkuru iragaruka ku mpamvu zituma bamwe mu bagore kurira cyane mu gihe bari gukora imibonano mpuzabitsina hamwe nabo bashakanye.
1. Kuruhuka.
Hari ubwo umugore arira cyane bitewe n’amarangamutima menshi afite bityo akarira ayo kwishima. Mu by’ukuri uku kurira ntabwo ari ukurira gusanzwe , ahubwo ni ijwi risohoka mu buryo bw’amarangamutima.
2. Gufasha uwo bari kumwe.
3. Ahahise.
Hari ubwo umugore arira cyane ,akabigira umuco mbese umugabo agatekereza ko ari ibyishimo nyamara umugore abiterwa n’amateka y’ahahise.
4. Ikibazo giterwa n’imisemburo.
Ivomo: Fleekloaded.com
Comments
Post a Comment