Gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa gutera akabariro nk’uko bamwe babivuga bigira akamaro gakomeye ku bashakanye kuko ariwo musingi w’urugo ku buryo abahanga bemeza ko mugihe icyo gikorwa kitabayeho bitoroshye kugira ngo n’urugo rubeho.
Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe akamaro gakomeye benshi batamenya ko gutera akabariro ku bashakanye.
1. Bikomeza urugo.
2. Birema ndetse bikanakomeza icyizere.
3. Biiha umugabo n’umugore umwanya wo kuganira.
4. Birinda stress.
5. Birinda umuvuduko w’amaraso ndetse bikanawugabanya.
6. Bifasha mu gusinzira neza.
7. Bifasha ubwonko kuruhuka bikanatuma bukora neza.
Ivomo: Healthline
Ibyo muvuze nukuri murakoze.kuduhugura
ReplyDelete