Skip to main content

Menya ibanga umukobwa cyangwa umugore mukundana adashobora kukubwira niyo yaba agukunda byo gupfa



Abagore cyangwa se abakobwa ni abantu bagira ibanga rikomeye kuri bimwe mu bibaranga ndetse n’ibyiyumviro byabo cyane cyane bagakunda kubigira ibanga batamenera uwo ari we wese kabone niyo yaba ari mu rukundo rurenze.

Biragoye kuba wabasha kumenya ikiribari ku mutima niyo cyaba kibabangamiye cyangwa ari ikintu bakunda bamwe baremera bakakigira ibanga cyane cyane iyo babonye ntacyo bagihinduraho.

ibi ni bimwe mu mabanga abagore bashobora kubika bakarinda bapfa batabivuze nubwo yaba agukunda byo gupfa.

1. Kuvuga abo baryamanye mbere yawe.

biragoye ko umukobwa mukundana cyangwa umugore wawe mugirana ikiganiro bikagera naho muganira kubo baryamanye. ibi bakunda kubigira ibanga rikomeye kuburyo uko wabasha kubimubazaho cyangwa i nzira zose wanyuramo ntakintu yagutangariza.

2. Gutwara inda y’umwana utari uwawe

Iyo umugore asambanye agatwara inda itari iy’umugabo we abibika muri we akazinda apfa atabivuze. Gusa akenshi kutabivuga n’ ubusanzwe biruta kubivuga kuko uba usanga abihisha kubwo gutuma atisenyera urugo kuko ahanini abagabo ni abanyantege nke kubijyanye n’abana.

3. Kureba filime z’urukozasoni

Abagore cyangwa se abakobwa bareba filime z’urukozasoni ariko ntabwo bashobora kwemera ko babikora, usanga babigira ibanga kabone nuyo yaba yarubatse.

4. Kubakora mu misatsi

Abagore cyangwa se abakobwa bakunda ko umusore cyangwa umugabo abakora mu misatsi yabo. ibi bibafasha gutuza ndetse no kumva batekanye cyane cyane iyo bari kumwe nabo bakunda, ariko kandi ibi ntibajya bakunda kubivuga ku muntu utabibakorera

5. Kubandikira ubutumwa bugufi

Bashimishwa n’umusore cyangwa umugabo ufata iminota mike ari mu kazi na mbere yo kuryama akabaha ubutumwa bwaba ubw’ ijwi cyangwa ubwanditse.

6. Bakunda kuneka abakunzi babo cyanwa se abagabo babo

Umukobwa akurikiranira hafi, uko umukunzi we yitwara ku bandi bakobwa, ibiganiro bagirana nabyo akabibika muri we. ntago yabigaragaza ku mukunzi we abikora mu ibanga rikomeye cyane kuburyo niyo abonyemo nko kumuca inyuma ntago apfa kubikugaragariza.

7. Kutanyurwa n’imibonano mpuzabitsina

Abenshi mu bagore cyangwa se abakobwa ntibakunze kuvuga ko batanyuzwe mu mibonano mpuzabitsina. usanga uko umugabo we yabikora nabi kose abigumana akabibika ntabashe kubimubwira

8. Bakunda guhoberwa

abakobwa cyangwa abagore bakunda ko abakunzi babo babahobera kuko abenshi muri bo niho amarangamutima ndetse n’urukumbuzi byabo bigaragarira

Comments

INKURU ZIKUNZWE

Umuhanzi Ish Kevin na Producer Olivier mu basangiraga ibyibano n'abasore bashikuzaga abantu amatelefone

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abasore batandatu bibaga abaturage n’amaduka (Supermarket) bakanashikuza abahisi n’abagenzi telefone mu nzira zitandukanye babaga banyuzemo. Ahagana Saa Sita z’amanywa yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mata 2024, nibwo RIB yeretse itangazamakuru iri tsinda ry’aba basore uko ari batandatu ibashinja ko bibaga abaturage. RIB yavuze ko aba basore barimo bane bari abakanishi ndetse itsinda ryabo ryibaga imodoka abantu babaga bazisize ku muhanda. Izi modoka bibye ngo bazihinduranyaga plaque kugira ngo badatahurwa. RIB ivuga ko aba basore banajyaga kuri station za lisansi zitandukanye bagashyirirwamo lisansi bagahita bagenda batishyuye ndetse banajyaga muri supermarket bagatwara inzoga zihenze bagahita bigendera batazishyuye. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yabwiye itangazamakuru ko yatunguwe n’uburyo yasanze hari abahanzi barimo Ish Kevin basangiraga n’aba bajura inzoga bibye. Ati “Muri bya bindi babaga bibye bajyaga kuryoshya y’amafaranga bib

RURA yamuritse ibiciro bushya by'ingendo mu Rwanda

  Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwashyize hanze ibiciro bishya by’ingendo hirya no hino mu gihugu, nyuma y’uko Guverinoma itangaje ko yakiyeho nkunganire yajyaga itangwa kugira ngo umugenzi agende ku giciro gito. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe, nibwo Guverinoma yatangaje ko iyo nkunganire iri hagati ya 40% na 5) ikuweho, bivuze ko umugenzi ari we uzajya yiyishyurira igiciro cyose cy’urugendo. Ibiciro bishya RURA yashyize hanze biri hejuru ugereranyije n’ibyo umugenzi yari asanzwe yiyishyurira, aho nko kuva mu mujyi wa rwagati ugera i Nyamirambo ahazwi nko Kuryanyuma, igiciro gishya ari 243 Frw, mu gihe kuva mu mujyi rwagati ugera Kuryanyuma uciye Nyabugogo, igiciro gishya ari 307. Kuva Nyabugogo ugana mu mujyi rwagati, igiciro cyabaye 205 Frw, kuva Kimironko ugana mu mujyi rwagati igiciro cyabaye 355 Frw, mu mujyi rwagati ugana Kacyiru ni 371 Frw, kuva mu mujyi ujya i Kinyinya ni 402 Frw naho kuva i Kabuga ujya Kimironko ni 420 Frw. Kuva mu mujyi rwagati ugana i B

Sobanukirwa akamaro ko kurya igisheke n'uko cyagufasha mu gukora imibonano mpuzabitsina

Ibisheke ni ibiribwa bidakunze guhabwa agaciro, nyamara biraryoha kandi byuzuyemo intungamubiri zagenewe gufasha umubiri gukora neza, bikarinda n’indwara zimwe na zimwe. Ibisheke kandi bifasha mu mibonano mpuzabitsina, kurinda kanseri zimwe na zimwe, ndetse no gusohora imyanda mu mubiri. Abahanga basobanukiwe n’imikorere y’igisheke mu mubiri wa muntu, bavuga ko ibisheke bikoreshwa gake ukurikije uko byagakwiye gukoreshwa. Benshi bavuga ko ibisheke bigenewe abakene. Kandi koko usanga bikoreshwa na bamwe bitwa ko bacirirtse, cyangwa ba bandi batuye mu byaro ahahingwa ibisheke, nyamara ntawe bigenewe ni ibya buri wese. Igisheke kibonekamo intungamubiri zitandukanye zirimo isukari, umwunyungugu wa potasiyumu, umwunyungugu wa karisiyumu, umwunyungugu wa manyeziyumu n’umwunyungugu wa zinc. Uretse kuba ibisheke bifite isukari y’umwimerere, binatuma uruhu rusa neza rukanatoha ntirukushuke. Mu gisheke kandi harimo ubutare bwa fer, vitamin B1, B2 n’izindi. Igisheke gikungahaye ku isukari y’umwim

Hasohotse itangazo rigaragaza uko abanyeshuri biga baba mu bigo bazasubira ku ishuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri NESA cyatangaje ingengabihe y’uburyo abanyeshuri biga bacumbikiwe ku bigo by’amashuri, bazasubirayo mu gihembwe cya gatatu. Abanyeshuri bazatangira gusubira kwishuri guhera tariki 15 Mata 2024 azaba arı kuwa mbere.

Dore ibyo kurya umugore cyangwa umukobwa wese yarya bikamufasha gukuza amabuno n'amabere

Ubushakashatsi bwagaragaje ko burya amabere y’umuntu uwo ariwe wese aba atangana. Bwagaragaje ko ibere ry’ibumoso ariryo rinini kurenza iry’iburyo. Ndetse ubushakashatsi bwagaragaje indyo zitandukanye ushobora kurya kenshi zikaba zagufasha kongera amabere. Amata  : Amabere yawe yose agizwe n’ibinure kandi kurya ibikomoka ku mata bikungahaye ku binure bishobora kongera ubunini bw’amabere yawe. Ipapayi:  ipapayi nayo yagufasha kuko ikungahaye ku ntunga mubiri zifasha umubiri kurambuka. Imbuto z’ibihaza (Imbuto z’amadegede) :  izi zo uraziswa ukajya uminjira ifu yazo mu biryo buri munsi. Soya :  soya nazo zikungahaye ku ntungamubiri nyinshi zifasha umubiri mu gukuza ibice byawo. Si ibyo gusa kuko zo zigufasha no kwirinda kuba warwara kanseri yo mu mabere.