Skip to main content

Menya uko wakwikorera umuti uvura kurangiza vuba ukoresheje Watermelon



Abagabo benshi bifuza kwitwara neza mu gihe cy’akabariro usanga birukira gukoresha ibinini n’imiti itanduka imyinshi muri yo itanafite ubuziranenge ariko ugasanga batitaye ku ngaruka yabateza. Iyi nkuru irakugezaho uko wakwikorera viagara y’umwimerere wifashishije watermelon.


Watermelon ni urububuto rwuzuye intungamubiri nyinshi umubiri ukenera harimo na vitamin C. Gusa uru rubuto rurimo ikinyabutabire kizwi nka Citrulline. Citrulline ni acide yo mu bwoko bwa Amino Acid ikaba ifasha cyane mu gutuma igi**na cy’umugabo gifata umurego.


Uribaza uti bigenda gute?


Umuti uzwi cyane nka Viagra usanzwe ukoreshwa muri ubu buryo ukaba utuma amaraso menshi atemba agana mu gi**na cy’umugabo ari byo bituma gihaguruka kigahagarara mu gihe agize ibyiyumviro by’akabariro.


Ubushakashatsi bwibanze bwakozwe bwerekanye ko iyo citrulline twavuze haruguru igeze mu mubiri, umubiri uyihinduramo indi amino acid izwi nka arginine nayo ikaza guhindurwamo nitric oxide. Iyi Nitric Oxide ni yo ifungura imijyana y’amaraso ikaguka maze amaraso menshi yerekeza mu gi**na ari na byo byongera akanyabugabo cyangwa se bituma gihaguruka maze kigafata umurego udasanzwe.


Kuko Watermelon igizwe ahanini n’amazi, kugirango ubone citrulline ihagije ni byiza kuyikoramo umutobe ukawucanira kugirango amazi agabanuke.


Abagabo bakoresha umutobe wa watermelon mu mwanya wa Viagra babona ibisubizo byiza cyane ku kibazo cyo gufata umurego. Byongeye kuko watermelon ari urubuto rusanzwe nta ngaruka n’imwe uwayikoresheja ashobora guhura na yo nyuma.


Uko ikoreshwa


Niba wifuza gukoresha watermelon muri ubu buryo ni byiza kuyifata mbere gato nk’isaha mbere yo gutera akabariro kugirango ize kugira umwanya wo kwinjira mu mubiri.


Uretse kandi abashaka gutera akabariro, watermelon ushobora no kuyifata mbere yo gukora imyitozo ngororamubiri kuko ifasha amaraso gutembera neza mu mubiri bityo imikaya yose igahumeka neza kandi ikagezwaho ibiterimbaraga byose ikeneye.

Comments

  1. Mbeg iy watermelon ushak woyifungur ar mbis cnk?? mugih uyifunguy ar mbis igum ifis ubushoboz nkuwanyoy umutob way??mpumuco!!!!

    ReplyDelete

Post a Comment

INKURU ZIKUNZWE

Umuhanzi Ish Kevin na Producer Olivier mu basangiraga ibyibano n'abasore bashikuzaga abantu amatelefone

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abasore batandatu bibaga abaturage n’amaduka (Supermarket) bakanashikuza abahisi n’abagenzi telefone mu nzira zitandukanye babaga banyuzemo. Ahagana Saa Sita z’amanywa yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mata 2024, nibwo RIB yeretse itangazamakuru iri tsinda ry’aba basore uko ari batandatu ibashinja ko bibaga abaturage. RIB yavuze ko aba basore barimo bane bari abakanishi ndetse itsinda ryabo ryibaga imodoka abantu babaga bazisize ku muhanda. Izi modoka bibye ngo bazihinduranyaga plaque kugira ngo badatahurwa. RIB ivuga ko aba basore banajyaga kuri station za lisansi zitandukanye bagashyirirwamo lisansi bagahita bagenda batishyuye ndetse banajyaga muri supermarket bagatwara inzoga zihenze bagahita bigendera batazishyuye. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yabwiye itangazamakuru ko yatunguwe n’uburyo yasanze hari abahanzi barimo Ish Kevin basangiraga n’aba bajura inzoga bibye. Ati “Muri bya bindi babaga bibye bajyaga kuryoshya y’amafaranga bib...

Ibyishimo ni byose ku bakunzi ba APR WFC yihereranye Forever WFC ikayitwara igikombe [AMAFOTO]

APR WFC yegukanye shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu mupira w’amaguru mu bagore, nyuma yo kunyagira Forever WFC ibitego 3-0, mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri iki Cyumweru tariki 24 Werurwe. Ni umukino ikipe y’ingabo yagiye gukina ihabwa amahirwe, aho bitayisabye iminota myinshi ngo igaragaze ko iri buze gushimisha abakunzi bayo bari bagerageje kuza ku bwinshi cyane ko kwinjira kuri uyu mukino bitasabaga byinshi. Ibitego bitatu byose iyi kipe yabonye yabitsindiwe na rutahizamu wayo, Ukwishaka Zawadi, icya mbere ku munota wa 18 ubwo yasubizagamo umupira wari urutswe n’umunyezamu, icya kabiri ku munota wa 25 w’umukino ndetse n’icya gatatu ku munota wa 47 w’umukino. Uyu rutahizamu wuzuzaga ibitego 29 muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri yatumye ikipe ya APR FC yegukana igikombe idatakaje umukino n’umwe, aho yanganyije umukino umwe wonyine mu matsinda indi ikayitsinda.

Dore ibyo kurya umugore cyangwa umukobwa wese yarya bikamufasha gukuza amabuno n'amabere

Ubushakashatsi bwagaragaje ko burya amabere y’umuntu uwo ariwe wese aba atangana. Bwagaragaje ko ibere ry’ibumoso ariryo rinini kurenza iry’iburyo. Ndetse ubushakashatsi bwagaragaje indyo zitandukanye ushobora kurya kenshi zikaba zagufasha kongera amabere. Amata  : Amabere yawe yose agizwe n’ibinure kandi kurya ibikomoka ku mata bikungahaye ku binure bishobora kongera ubunini bw’amabere yawe. Ipapayi:  ipapayi nayo yagufasha kuko ikungahaye ku ntunga mubiri zifasha umubiri kurambuka. Imbuto z’ibihaza (Imbuto z’amadegede) :  izi zo uraziswa ukajya uminjira ifu yazo mu biryo buri munsi. Soya :  soya nazo zikungahaye ku ntungamubiri nyinshi zifasha umubiri mu gukuza ibice byawo. Si ibyo gusa kuko zo zigufasha no kwirinda kuba warwara kanseri yo mu mabere.

Super Manager wari umaze kuba iciro ry'imigani agiye kurongora ku myaka 40

Umujyanama w’abakinnyi, Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager mu myidagaduro yo mu Rwanda no hanze y’aho, yahamije ko mu minsi ya vuba agiye kurongora. Iyo bavuze bimwe mu byamamare bitari byakora ubukwe kandi imyaka yabo ibibemerera ndetse kandi nta kintu babuze, Super Manager na we yisangamo. Uyu musore wiyita amazina atagira ingano, ashinjwa kwanga gushaka umugore kandi nta kintu abuze haba mu bifatita (amafaranga) ndetse n’ibindi bisabwa. Nyuma yo kubona ko abantu bamumereye nabi, Super Manager yabwiye Inyarwanda ko uyu mwaka utarangira atari yakora ubukwe n’umukunzi we. Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager aruzuza imyaka 40 ku wa 1 Mata uyu mwaka kuko yavutse mu mwaka 1984, avukira i Dar es Salaam muri Tanzania. Abajijwe niba afite umukunzi, yavuze ko amufite kuko atabukorana n’igiti gusa avuga ko atamuzana mu buzima bw’imyidagaduro kuko umuryango we atajya awushyira hanze. Super Manager yavuze ko agiye gukora ubukwe muri uyu mwaka wa 2024, aho avuga ko azabutura nyina nubw...

AS Kigali yujuje umunsi wa kane idakora imyitozo kubera impamvu abakinnyi bavuga ko badashobora kuyihanganira

Ikipe ya AS Kigali igejeje ku munsi wa kane abakinnyi baranze gukora imyitozo mu gihe imikino ya shampiyona yo mu Rwanda irimbanyije. Abakinnyi ba AS Kigali barahiye ko badashobora kwitabira imyitozo mu gihe iyi kipe isanzwe iterwa inkunga n'Umujyi wa Kigali ibafitiye ibirarane by'umushahara itarabaheemba.